Dr.Rutayisire avuze amagambo akakaye kurupfu rwumuherwe Rujugiro/hagiye kubaho ibihe bikomeye cyane
2024 ж. 17 Сәу.
71 795 Рет қаралды
Bakunzi bajye mbashimiye uburyo mukomeza gushyigikira ibikorwa byajye cyane cyane BAVAKURE !
Hari abakomeje kubwira muma comment ko babuze uko batugeraho , yaba kubifuza kuduha ibitekerezo cg ubundi bufasha...
Niba ufite igitekerezo cg ubundi bufasha watwandikira kuri +25#0788469364_whatsapp
MURAKOZE!
Doctor Rutayisire uri umuntu wumuhanga kandi urakijijwe neza❤❤❤,abahagarariye amatorero bazankundire bakugire perezida wa discipline mpuzamatore kuko weho uradufasha ariko abandi bantu bo mumatorero atandukanye ba paster claude,ba karosi,Noheri,ba papa bitangaza,ba Nibashaka,ba paster Mutesi nabandi bameze nkabo aho gufasha imitima yabatarakomera mugakiza bamaze iminsi basenya nimitima yabakomeye nabadakomeye mugakiza kubwimyitwarire yabo kandi bamaze gutesha agaciro indangagaciro zabanyarwanda mumahanga bitwaje guhanganira no gusebanyiriza imbere ya kamera amahanga yose abireba bagaragara nkabatubuzi nabesikoro
Pastor Rutayisire namufataga nkabandi bose, ikiganiro yakoze mu gihe cyokwibuka cyampumuye amaso gituma Nigeria yesu cyane uyu numukozi wimana mwumve ibyovuga Pastor ❤❤❤God bless
Paster Imana yamahoro ikomeze ikwagure kdi ikongerere igihe cyokubaho!
DR Rutayisire is for me the most realistic preacher in this world, ndakwirikira Dr Rutayisire buri gihe, ndibaza ukuntu abavuga ivyimana bavugana na Dr Rutayisire Nitwa Aloys Cross Burundian American Ndifuza gutumira Dr Rutayisire i Texas please
Mushumba lMANA iguhe umugisha kukiganiro cyizape imbaraga namavuta
Nanjye ndemeza ko Pasteur Rutayisire uwamuvuga nabi ali uko we ubwe yaba yifitiye ikibazo.
Komerezaho Pastor, nukuri isi igeze kundunduro,gusa mureke ibyahanuwe basohore,kandi ntibizasohorera kunyamaswa cg ku biti,Mureke twegere Imana kurusha ibindi,Mana nagusabye uzahe umuryango wanjye iherezo ryiza, nsabiye abanyarwanda bose kurushaho kwegera Imana
Iam ugandan buh i like senior pastor Anthony.imana ikomeze ikurinde kandi ikongere nundi migisha mwinshi cyane .
Mukomere cyane Dr ikiganiro cyawe kiraryoshye ariko hari ahantu uvuze burya mubyo Imana yaremye Nice uparika ariko ibimera cyangwa ibikoko bihora ari actif urugero uzitegereze ikigoli. Kuva ugiteye kugeza usaruye Ubuhanga bulimo imbaraga zilimo. Roho wa Roho zose abane namwe iteka.
Uhabwe umugisha. Rev Antoine Nanjye nabisanze Uganda ariko byari bikojeje isoni' Byose byagurwaga numuntu umwe gusa, abandi bagatahira gunanura amaso
Twahajyeze muvandimwe duteze yombi kd uyu musaza njywe mukunda cyane
Pastori Rutayisire ndagukunda cane.Nifuza ko igihe kimwe nokwibonera amaso mu yandi.Imana ikugumizeko iyonga zayo kuko uraduhezagira
Uyu mutama ndamwemera cane. Nkunze kumwumvuriza. avuga amajambo yubwenge. Imana imutuzigamire gose!🎉
Pastor Rutayisire ni umukozo W'Imana vyukuri. Ndamukunda cane ni urugero rwiza dukwiye kwigirako . Ni umuvyeyi mwiza akaba n'imushumba mwiza . Be blessed mukozi w'Imana.❤
Imana iguhumugisha izaguhe iherezo. Ryiza 43:27
Urakoze kubutumwa. Bwiza. Mutubwirije
Murakoze ku kiganiro Kiza.Imana iguhe umugisha mwinshi Mushumba.Imbuto zawe zitugeraho neza.Ntacyo tuzitwaza abagize amahirwe yo kukumva.warakoze kwemera gutanga ibiganiro bica ku ma Media.
Amen Senior Pastor. Ubundi abantu twigira nkana,twiyibagizako nomwitanguriro/Genesis ivyo Imana yaraze Adam na Eva vyose vyarabaye arinavyo bigejeje abantu ukukugene!!!
Uratubeshye cyane ikimenyetso cy'inyamanswa ni ugusenga kucyumweru naho ikimenyetso k'Imana ni ugusenga Ku isabato so rero witubeshya umuntu utazemera kuruhuka kucyumweru niwe uzaba atemerewe kugura cg kugurisha abazarenganywa numugabane wabakomeza isabato
Pastor Antoine ndagukunda, urumuhanga cyane ❤ may God bless you more
Senior pastor!!! Turagukunda mubyeyi.
Nukuri abantu twite kwiherezo ryacu kuruta itangiriro kandi twekeibanda kubimenyetso by ibihe ahubwo umuntu wese aharanire gukiranuka umunota kuwundi kuko Yesu yaza igihe icyaricyo cyose kandi nimba atinze😂 urupfu rwo turarugendana
Imana ikuturindire Rutayisire wacu turagukunda kandi uwiteka akomeze akube hafi😢😢
Uyu Musaza ndamwemera cyane Imana ige ikomeza kumuha umugisha
Ndabaramukije ndi muburundi mana yanje uwo mukozi wimana imana imwongerereze amavuta kandi muzokore ibishoboka ubwo butumwa bugere kuri benshi caneeee muhezagirwe
Nkunda cane umukozi W'Imana uvuga utuje❤
Ndaninahaza Imana iyo ndonse akanya Ku gukwirikirana inyigisho zanyu canke ikiganiro canyu. Igihe cose mushingira intahe Imana mukuri no mu muco
Kucyumva turacyumva ahubwo mujye mugishyiraho Kenshi kuko pastor Rutayisire yigisha adahishe nagato
Ugize neza gutumira Umushumba w'umunyabwenge, yigisha neza. Pastor Rutayisire avuga neza, afite ubushishozi budasanzwe. Nd'umunyaRwanda uba muri North America hashize imyaka 30...wanize pe; ibyo Pastor avuga byubaka umuntu kandi atamutega imisi...ndamukunda pe...
Paster Antoine,ndamukunda.gusa Azafashe itorero Ry'imana ryo Murwanda,Gushyiraho Committee ya Displine, kuko Abashumba bamatorero muriyiminsi,bitwara nabi cyane.yaba mumvugo no mubikorwa.bagashyiraho nizamurwa muntera.
Dr Rutayisire. Nkunda caaane ukuntu asigura ivyo kw'isi.
Nanjye ndamukunda❤❤❤
Kwitegura ibihe biri imbere inama nziza n'ukujya mu cyaro tugakora ubuhinzi tugatungwa ni byacu
Uribeshya ubwo se COVID-19 mucyaro ingamba za Guma murugo zo ntizahaheraga? Ubuhungiro ni muri Yesu honyine
Bene Data mukurikiye iki kiganiro icyo mbashishikariza ni ugukunda gusoma ibyanditswe byera,bitewe nuko aribyo bivuga ukuri.Abazarengana ijambo ryimana rirabavuga kandi barikumwe n'Imana.Ibyahishuwe12:17 20:4 22:18 Mugihe umenye ukuri ugomba kugukurikiza.
Komera TV. Ibimenyetso by'ibihe utegereje ni ibihe kandi bibera imbere y'amaso yawe?Icyokora nkunze ko uri umunyamatsiko menshi,niba wifuza kumenya ibyisumbuyeho uzambwire nkurangire aho wahita ubibona.
Amahoro y;Imana abane namwe.None Yesu azovyemera.
Tres bien muvuze neza rwose
Ariko Isaie kuki utarongora koko!😂 Hagataho ark mukoze ikiganiro kiza pe!❤ Hari umuntu uherutse kumbaza ngo kuki utakiririmba,kdi nanjye ndabyibaza! Dukumbuye kongera kukubona uririmba.
Imana iguhe umugisha kbsa ubwo bumeny ufite ujye ubusangiza isi pee
Jya wisengera lMANA kugiti cyawe kuko iJAmbo rivuga ngo mumahanga yose uyubaha agakora ivyo Gukiranuka UWoi ramwemera
Akokaga njye numva abaturiye umurwa bazagorwa cyane
Ugize neza kuvuga ukuntu hari imirongo yo muri bibiliya yifashishijwe muri genocide tutsi/1994.😢😢😢 Cyakora iyi si iragoye . Ndabona ari ugutuza Iyahanze byose ikazasohoza ugushaka kwayo kubayo.
Mwandangira bibiliya yizewe naho nayikura/version yihe
Bazigwiriza abigisha bahuje n'irari ryabo!!!!!!
Ku Niba uri mu rusengero ugatangira kubonamo ibikorwa bitandukanye nibyo yesil yakoze sohokamo vuba.
Baravuze ngo abantu bajya kwiga theology Bajya yo bazi IMANA bakaggaruka ntayo bazi nukuri koko ndabibonye koko. doctor utazi gusobanura ubuhanuzi? ndasetse ndumiwe ubeshye abameze nkawe.
Pastor njye wansezeranyije akazi pe. Hari 2018, none nturakandangira. Ube uretse gutaha rero.
Dufashanye: kugira umenye ikimenyetso c'igikoko usabwa kumenya ikimenyetso c'Imana. Ezekiyeli atubwira muri Ezekiyeli 20:20 ni sabato; ikimenyetso c'inyamaswa ni dimache, yasubiriye isabato ya samedi, igashirwaho n'ubutegetsi bw'i Roma mu kinjana ca kane ku ntwaro ya Empereur Constatin afashanyije n'umupapa Sylvestre. Igihe rero hazotangwa itegeko ryo kubahiriza dimanche nk'isabato y'Uhoraho, bikaba itegeko, uwuzovyemera ko ari ukuri, azoba ashizwe ikimenyetso mu bwenge(mu ruhanga); uwuzo yubahiriza nk'isabato, azoba ashize mu bikorwa ivyategetswe, azoba ashizwe ikimenyetso mu kiganza. ngubwo ubusobanuro nyakuri
Ariko Bibiliya bayivanyemo byinshi. No gusiramurwa babivanyemo. Ndibuka Bibiliya ya mama wa njye yo muri 1958 baravugaga ngo Yohana ku munsi wa karindwi avutse baramusiramuye (baramukase) ariko iyo muri za 90 yaravugaga ngo bamutuye Imana
I totally agree with u. Abantu bamwe bibera mumuriro utazima abantu nibo bawishyiramo.😂😂😂
Ariko uri umubyeyi mwiza. Inama zawe ziranyubaka. Abanyarwanda bagufatireho urugero rw ubumuntu n ubukristu nyabwo. Ramba
36:10 Ntago abahamya banditse bible yabo, ahubwo bakoze isemura rishya. Niba usoma bible mu Kinyarwanda ntago ariyo magambo y’umwimerere ahubwo yasemuwe ivanwa mu zindi ndimi, binavuze ko hari amakosa yagiye akorwa mu kuyisemura, na Mpyisi wagize uruhare mu kuyisemura yarabyemeje. Ni muri ubwo buryo rero abahamya bakoze isemura ryabo bagasubiza mo izina bwite aho ryagiye rivanwa n’andi makosa yagiye akorwa. Rero gusemura no kwandika biratandukanye.
Mushumba turagukunda rwose
Iki kiganiro ntacyo kimaze ahubwo nugushyigikira satani. Umuntu uzi ukurikose akaba yijijisha biteye ubwoba.kwiga ibinyoma mwijambo ry'Imana birakomeje
Pastor karabaye ahubwo! Ese niki twakora ngo tudatwarwa muriri herezo ry'isi? Mba mumahanga Hari amasoko utahahiramo ufafite ikarita yabo , Hari za station za essence utanyweraho udafite ikarita yabo, telephone ubwazo zigaragaza aho buri muntu ari ! Ntaho kwihisha rwose
Ariko mimumbwire iyo bible nayo izaba yitwa ijambo ry'Imana.
Yewe abatarabibona mujye muri New testament Bible bagiye bakuramo imirongo
Baguhinduye cyera hari numu pastor Uganda witwa bugingo wazitwitse izo nshya Ariko version yabatinganyi ubwo nayo yaje
Ndakunda Umushumba Rutayisire🌹🌹🌹🌹
Ubundise imna yemera iyo mitungo yanyu ? Nta nicyo iyibwiye, doré icyo yemera ni wowe naho gutura icyo ari yo cyose ni ibikorwa byacu bituma du komeza ubuzima, i irimo yo kwakira abashyitsi, iyo gukomeza gushyigikira iyogeza butumwa, ariko nta maturo dutanze tubishatse twakomeza umurimo mumatorero
YARASOHOTSE IRAHARI MU CYONGEREZA
Mpa link
Bibiliya nzima nzi nebyiri Ni GENEVA VERSION yo mu cyinyejana cya 15 if i m right Indi ni ETHIOPIAN BIBLE VERSION izo .
Izi ntizemewe ubu hazaba hemewe izo zajya mumannyo yabagenzi wabo
I KIGALI C HARAHO ZABA ZIBARIZWA?
I KIGALI C HARAHO ZABA ZIBARIZWA?
none se Israel siho harabatinganyi benshi kw'isi ?umuntu namenye Imana yaremye ijuru n'isi naho ,Bibilia yo yandikwa n'abantu bakayihindagura uko bashaka
May God bless more Pastor Antoine Rutayisire.
Aba batype bigaye amadogitora bose😂😂😂😂😂
Pester uri umuhanga pe!
Muvandimwe,pastor Rutayisire, ukwiye kureka,gusenga, Datawatwese,utamuhaye,icyubahiro kimukwiye,icyubahiro,gikwiyedata,womwijuru,igihetumusenga,nukumupfukamira,sindabona,narimwe,ujyagusenga ngo upfukamire,umuremyi,nicyahagikomeye,wisubireho, soma yes Aya 45:22-24 abafilipi 2:9 zaburi 95:6 9:59 9:59
Uwo Cardinal wa Congo 🇨🇩 niba nawe baramugaruye, naho kagame we arabica 😂😂
Ubundi x bibiliya bayihindura, batayihindura ikibazo kiri hehe, ubundi ibirimo byo aho byavuye ni inde uhazi? Ubundi x bihindurwa na inde? Utabishaka azagumane ibyari bisanzwe. cne ko harimo na byinshi, ubumenyi : imvugo n'inyito... bitakijyanye n'igihe cy'ubu
Karabaye. Harya ubwo niba bihindurwa n,abantu byitwa ijambo ry' Imana gute. Ab'isi baratuzengereza .
Iyo manipulation ya bible itwereke ko twatannye kare kose! Dusubire kuri Gakondo yacu dusenge Imana y’i Rwanda, iya Israel tuyirekere bene yo!
Iya isirayeri yemera abatunganyi
King James Bible
Hanyuma pastoring yesu uzabaho uubuzira herezo, tuzajye he
Ujye usabira na bato,twese gutunga christo mu buzima bwacu.
Noneho technologie niyo ituyobora kumperuka twese turion rero ntawe uzasigara😢😢😢
Akokaga njye numva abaturiye umurwa bazagorwa cyane
Just for your info. Cardinal wi Congo ntago bamubujije ku fata indenge. Ahubgo baranze ngo agye muri salon VIP
yes. cardinal Ambongo
Nukuvugako nubundi iyo bible yambere yazanywe nabazungu baratubrshyaga niyindi bari kwandika bazadusondeka ikiruta byose nuko batubeshya gusa bityo rero tuzabareka dukurikire ryangombe biraruta
Ubwo se imana ya isirayeri yemera abatinganyi izaba ari kimwe nimwe yababuzaga amahano ?😂😂😂
Akokaga njye numva abaturiye umurwa bazagorwa cyane
Ubwo se imana ya isirayeri yemera abatinganyi izaba ari kimwe nimwe yababuzaga amahano ?😂😂😂