Umukozi wa YAGO Kwihangana biranze Ashyira hanze amabanga ya YAGO&MARSHALL😳Philpeter niwe mugambanyi
2024 ж. 21 Сәу.
18 223 Рет қаралды
#1_on_trending_2024
#_TheDynamicShow_
Niba wifuza kuvugana na "The Dynamic Show", kuduha inkuru idasanzwe cyangwa ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250786369590
#-TheDynamicShow-
Uwanga Yago nanjye nzamwanga.
Rwose woe turi kumwe ❤
Bikomeye cyane
Wowe uhora utikurira Yago Ubikora mu bucakura😮 Muhe amahoro
Iyo urimfura uhora urimfura kiddo urakoze kuvuga ukuri kdi ntaho ubogamye 👍👍
nukuri mustapha uvuzukuri urinfura ureke ababogama rwose uvuzukuri 100/100
Emmy uri ikigoryi peee uzige kuganira wahuye numuhanga ariko uzana ubugoryi nubujajwa ahubwo wumva ushaka gusebya yago sha nudanhindura uzaseba kuko wisetswa mybujajwa mudafatika
Ngirango agirango nibyo bigize umunyamakuru mwiza!! Ariko wumva ari ubusutwa butadafite 12
Kariya kantu ko kubaza yisetsa ntabwo ari ikinyabupfura wabifata nkubusutwa.ahandi abaza neza ariko azareke turiya tuntu aba ashaka kwinjira mumatiku
@@gates705 nibyo rwose harutuntu abaza ukumva he’s so immature! Rero ko numvise ngo arubatse yaranabyaye nkumva abikora ku bushake yibwira ko ariko kuba umunyanyamuru mwiza! Gusa ntago bimwubahisha!
Yago mukomeze mu muzamurire imigisha ❤ turamukunda , Ariko turagaya abatanga ntibasohoze ibyo batanze nububwa rwose 😂😂😂 naho Yago atabonye nicyo kibanza ntibizamubuza kuba umunyamugisha
Udutiku twa Emmy duhuye numwana yarezwe kandi azubwenge bwiza🤙
Sha Emmy uraryana mumutwe urikubaza ubugoryi.
Ubundi se ko yabyemereye muruhame niyihe mpamvu Yago atari kubivugira muruhame mugabanye inzangano zo kwanga Yago ibyo Yago yakoze ntakosa mbibonamo.
Mustapha usobanuye neza niko yago yagowe arko uriya mugabo ntago yitwaye neza
Wakoze interview ushaka kwandarika yago ariko byakunaniye big up kiddo wanze kugwa mu mutego wa ka Emmy kano kanyamatiku 😤
Thank you Mustafa , you are clever
Mustafa avuze Ukuri 100 kurindi ubundi ibi bikwiye guhagarara umuntu akaza yambaye ikote akaza agatanga inka 10 kumbe habe
Ariko uwo ngo Emmy ameze nkushaka kunnyega Yago
Nawe wabibonye narinziko arinjyewe wabibonye gusa. Emmy ntabwo arimo kureba kumpande zose ahubwo wagirango haricyo bapfa.
@rwandahillstours6257 Siko se kabaye ka Emmy nubu Ubu bobo bwanze kugashiramo Mujye mu mutunga uko ari nyine🤦♀️
Niko biri kuko ndikumva imbazo ze arizubugogi
Kido nanjye mpise ngukunda
Emmy impamvu udatera imbere urigicucu mumutwe 🤮🤮ufite urwangowanga Yago rwakuboreyemo wabwawe
uvuze ukuri iki kibwa ni feke Sanna
Yago turamukunda mwana uwumwaka nawe abure umugisha
Emmy genda gake wumve kuko ivyurigushaka kumva nturibuvyumve kwa Kido gose reka imibarize yubujiji uwomurikumwe akurrsha ubwenge kure.
Brother ndakwemera
mustapha uvuzukuri❤❤
Imvugakuri yamana n,Imana Kido urumuntu wumugabo abantu bose bameze nkawe isiyogira amahoro
Abandi baba bari muri munyanjire na mashyari gusa urakoze @kido
Icyanyereka nka boss wa dynamic show wahaye akazi aka kanyeshyari ngo ni emmy iptuuuu
Urazubwenge nukuri ukuntu wamusubiza neza cyane yaba bose bari bameze nkawe byari byiza
Ndabona wasuye Abanzi Aba Yago.
Gabanya Ubujajwa urabona se atamuvugiye neza mugihe Emmy yashakaga ko amusebya akamwara, Uyu mu type ari professional cyaneee Yago amukunde Cyaneee ❤❤ Emmy namatiku ye arasebye
Ariko emey uri gicucu pe urumva ubwo bugoryi bwawe ubaza umutumirwa akaba ariwe akurisha ubwnge bwojejuru emey turakuzi kuva nacyera wanga yago ariko ntanama faranga yago akurusha ubwenge nama faranga menshi kuko wowe ntani cano yawe ugira ukoreraho ariko yagowe afite icano nziza yiwe ntawe asabiriza nkawe urinkoma mashyi zabandi wakibwawe ipuwe 😣🤮
Kiddo❤❤❤
Ahubwo Emmy yashakaga. Kutubwirako yaguze ikibanza congratulations
Bigaragarako nabamwe bemerera amafranga bababana ba J.polly hariho abashatse kwibonekeza atayo bazobaha...sha uvuze ukuri pe yashaka kwamamaza tu!Emmy nawe mbese Inyogoye harya kweli ntiyarabereww??erega tahura katari numuririmvyi..
Rata kido turakwemera pe ivyo wavuze vyose wavuze ukuri ntanishyari ugira urumunu wumugabo pe rekana nicyo kimara cyikinyeshyari gusa Emmy usapfa wangara pe 😅
Nanka ingene Emmy ari umu contre succès ga yemw. Ndebera nkiyo titre ngo phil Peter numugambanyi😊 ngo Inyogo ntiyahinduy imyenda mbega akagabo??? Ninkweto??? Ubwo uraje ubaz na boxer yambay😢
Ntago ariwe ni editor wabo
Urakoze @@Ggggg122hffgf
Bariya baswela baritwikiraga yago ihangane❤
Emmy ndagukunda pe! Ark urimo kubaza ubugoryi sinzi impamvu utarimo gushaka kumva ibisobanuro arimo kuguha kubijyanye no kwitiranya ama company ubwo urashaka kumvikanisha iki???
Emmy ugabanyemo akantu kagashyari cg agatiku ukoze analysis kumibarize about Yago harimo ukuntu kutari kwiza
Emmy ufitiye urwango yago kndi imana irikumwe nawe
Aime urinjiji yambere kbs ibaho nkubwire iyutize ubutarize kbs ngo yago Nindushi ahubwose wamufungurira rase yiwe injiji zitize kbs
Amy , please read all those comments. , i think they will help you to change bcz you are a hater 😢
Hhhhhhhhh Marshali igitaramo cya Yago cyari cyamuryoheye yizihiwe cyane ahita atangira no gutanga ibibanza kubera kwishima cyane😂😂😂ariko bijya bibaho.
Emmy uri gicucu so jyubaz nkabanyamakuru ntuzane urwango niyo mpamvu mutatera imbere mumwuga muhora muri hasi
Ariko kubyumvikana uwo Marshall yari afashwe nk'Imana mu gitaramo cya Yago
Uriya Mutimpe wibibanza Aribaraguza mn
Arko Emmy ugira amatiku koko uranyimvira koko ngo inyogoye puuuu ubundi ibyo birakureba umva yago ntacyo uzamutwara kuko arakurenze wa nzererezi we
Kido ndagukunze cyane ibisobanuye neza rata❤
Yego rwose ntaruhande narumwe abogamiyeho.
Ase kuki emmy iyo bigeze mukuvuga yago nabi ko abayacitse ururodogoro
Ubuse Ari emmy na yago ni inde ukeneye ubufasha
Ese uwo yago yakoreye ibye akava mubyo gutegereza akimuhana cyakoze icyo nabonye yago azi kwiremera intambara zimurwanya ! Yikojeje isoni ntakindi koko umuntu wumugabo muzima yishyuza impano
nonese konunva uciriritse mumutwe wahaze
Ahubwo wowe uraciriritse cyane Yago ntabwo abuze ibintu ariko utugabo tubeshya twiyambitse amakote bajye badushyira hanze rwose
Ico nosaba Yago nukwihanga ntaje atera amabuye burimbwa yose imotse yikomereze business ziwe.
Emmy arashaka. Kumujyana mubugambo bwubugoryi
Ngo ni indushyi 2 ubwose ari wowe na Yago babarebye babona indushyi ari iyihe?
Uje kumufatanya nabanzi be arko😢 umva mbese
Emmy ndakwanga asyii. Yago uramwanga wowe wafungura nudushumi twinkweto ze??? Ntanisoni. Murebe muri comment ukuntu abantu bakunda yago nuburyo bahora babiyama kumutuka.
Emm ujyira amatiku kbsa ibaze kuntu umutumirwa agusobanurira arko ugomeza uzana amatiku
Umuntu muri kuganira Ari seriously ark woe uganira nkinjiji useka nububwa
Ka Emmy Kari kujajwa ngo kannyege Yago kdi kiriya ngo ni Chita ni igisambo nkibindi byose Yago oyeeeee tuzagufana mpaka ..........
Ahubwo Marishari yabaye nkumikongomani kuko nibwo bakora ibintu nkibyo yakoreye yago. Kdi dusigaye tubita abatamwara. Abantu bakora ibintu nkibyo
Uyu murezi ngo ni Emmy aberewe nakazi kogucukura imisarani ibindibyo wapi
Hari agafilime nabonye ko gutanga inka 😂😂😂kwizihirwa wee😂😂😂😂😂
Arko x Inyogo ye ko yariyambaye ibye kumagani yari yambaye Ibya Emmy ubwo ubonye ibyo kunenga arimyambarire ya Inyogo ye ubwo x Emmy niwe wambara neza ra arko ntimukabone umuntu ngo nuko akennye mutangire kumukinaho
Uri imfura ndagukunze
Doute twazigize ubu ntacyizere kbs
uyu ngo ni Emmy ni ryarya cynee na mubonye kuri launch ya yago ashaka ibitajyenze neza ikindi emmy akunda ahantu bavuga yago nabi uyu musore ni mfura cynee pe man woe uzabaho neza kuko uko uteye uri sawa kiddo
Wamu type we urumunyabwenge uburyo usobanura
Cyokora uwo.marichari yigaye kbs arasebyep
Emmy wanga yago pee gabanya uburyarya bro yago yabagoreweho nukuri
Koddo numugabo ntabwo akora ibiganiro byubugoryi
Genda wa kanyamatiku we ngo ni emmy gushyanuka kawe turaguhaze 😤
Aimi nawe urimubarwanya yago kindi mwese ntawuzzmurisha ubushobozi
😂😂😂 birasecyeje
Abanzi ba yago bakoranye
Kiddo urarenze❤️❤️❤️tukakaganire Nikigoryi Emmy kitazi kuganira uranyumvira ukuntu ashaka gusebya Yago stupid Emmy
Nubwambere ntanze Comment ariko Emmy Cyakora Emmy urindushyi Wacyontazi we urumva ukuntu kari muri bwebweeeeeee Emmy Ndakwanga wa ndushyiiiweee !! YAGO uramwanga ariko nagirango nkwibutseko ntacyo uzamutwara keretse numwica cg ukamwicisha dore ko ntacyo utakora ngo umwicishe!!!!!. Nubwo kd mwamwica namwe mu Zapfa yemwe nanjye nzapfa ariko Urandorera ukuntu wahiye mupyotori watutubikanye unnyega YAGO uri muri bwebweeeee !!! Uko gasa nubwire butagendwa Emmanuel ndakwanga ndakwanga infinity Njyeze naho intumbi yawe iri nayiroha munsi yumuhanda ikazaribwa nimbwa!!!! YAGO ndagira ngo nkubwire bwa 2 ko ntacyo uzakutwara !!!! URI intozo gusa !!!!.
Sha uravuga ukuri %/% urwango uyu mugabo yanga Yago ntaho ndarubona bakazungu ni benshi cyane murizi You tobe benshi bafite ubugome kuburyo bakwica n'abantu uyu nawe rero ari murabo kuko ubona abonye uburyo yakuraho Yago yabikora,basi munjye mwihangana mureke kwerekana uko muri,uyu ngo ni Emmy ,nundi bita Djihad bantera ubwoba abantu banga umuntu kurwego rungana uku? Gusa disi mwibuke ko namwe mwicaye mwisi itagira impushwe.
😂😂😂😂😂Sha kubera ukuntu ututse iyinzererezi ngo ni Emmanuel yumunyeshyari ndiwe nakwimura urwango mumutima wayo pe yagoooooo oyeeeee bimushengure
Emmy ni sutwa
Muterana kuvuga amatiku gusa musebanya ibyo bimaze iki kweli
Ceceka wamutekamutwe we kuko ni wowe mujura wa mbere mustapha